Dr Richard Sezibera yaguye mu bitaro i Nairobi


Amakuru arimo kuvugwa bucece hano i Kigali, ni uko Ministre w’ububanyi n’amahanga, Dr Richard Sezibera yamaze gushiramo umwuka aguye mu bitaro i Nairobi mu gihugu cya Kenya aho yarimo yivuriza.

DR RICHARD SEZIBERA WARANZWE 
NO KWICA ABAHUTU AKANABYIGAMBA


Umuntu uri hafi y’umuryango we yabwiye inshuti ye ko Dr Sezibera yaba yarashizemo umwuka kuri uyu wa kabiri tariki 13 Nyakanga 2019 ariko Leta y’u Rwanda kaba yirinze kubitangaza.
Benshi kugeza ubu baribaza impamvu Leta y’u Rwanda itinya gutangaza iyi nkuru. Ese ni ugutinya kuko ifite icyo yishinja muri uru rupfu benshi bavuga ko ari amarozi?

Comments

Popular posts from this blog

UBUHANUZI KU RWANDA: NKUKO BYAHANUWE NA NYIRABIYORO-MAGAYANE-UMUNYAMURENGEKAZI DOMITILA-NA SGT NSABAGASANI

ESE WARI WASOMA IGITABO MPANGARA NGUHANGARE? KITWEREKA UMUCO WABANTU BITWA ABASHUMBA HANO MU RWANDA

DORE UKO URWANDA RWANGANAGA MBERE YUKO NYIRABIYORO AVUMA ABAMI BABATUTSI KUBERA UMURURUMBA WABO WAJE KUBAKORAHO