Dr Richard Sezibera yaguye mu bitaro i Nairobi
Amakuru arimo kuvugwa bucece hano i Kigali, ni uko Ministre w’ububanyi n’amahanga, Dr Richard Sezibera yamaze gushiramo umwuka aguye mu bitaro i Nairobi mu gihugu cya Kenya aho yarimo yivuriza.
DR RICHARD SEZIBERA WARANZWE
NO KWICA ABAHUTU AKANABYIGAMBA
|
Umuntu uri hafi y’umuryango we yabwiye inshuti ye ko Dr Sezibera yaba yarashizemo umwuka kuri uyu wa kabiri tariki 13 Nyakanga 2019 ariko Leta y’u Rwanda kaba yirinze kubitangaza.
Benshi kugeza ubu baribaza impamvu Leta y’u Rwanda itinya gutangaza iyi nkuru. Ese ni ugutinya kuko ifite icyo yishinja muri uru rupfu benshi bavuga ko ari amarozi?
Comments
Post a Comment