UNIVERSITY YA GITWE YIKOMEJE GUTERWA IBIBAZO NA LETA YA FPR IYIZIZAKO YASHINZWE N UMUHUTU

By HARELIMANA JULE

Ishami ry’ubuvuzi muri Kaminuza ya Gitwe ryahagaritswe kumpamvu zidasobanutse ariko kubarebera ibintu kure iyi university irazirako nyirayo ari umuhutu FPR ikaba yarashatse kugiramo imigabane ikanga impamvu yatumye iyi university igumya gutotezwa ndetse nyirayo akabonako umuryango ushobora no kuhagirira ibibazo nibwo yohereje umwana we kwiga mugihugu cya Amerika ndetse akamusaba no kuhaguma.

Minisitiri yatangaje ibi nk’umwanzuro w’ibyavuye mu igenzura rimaze igihe rikorwa n’Inama y’Igihugu y’Uburezi muri iyi Kaminuza ya Gitwe. Ariko nkuko abana babahutu tubizi muriki gihugu ntushobora gukora ikintu uri umuhutu ngo kizatambutse FPR atariyo ikigenzura niba barashoboye kwica RWIGARA kuberako yabangiye kugiramo imigabane mubucuruzi bwe urumva umuntu wumuhutu akaga alimo guhura nako.

Igenzura n’imyanzuro yaryo yateje impaka zikomeye hagati y’abayobozi b’iyi Kaminuza n’umuyobozi w’Inama y’Igihugu y’Uburezi.

Minisitiri w’Uburezi uyu munsi yatangaje ko igenzura ryasanze hari ibibazo bitandukanye kuri iri shuri rikuru bituma abanyeshuri badakora imenyerezamwuga rihagije muri aya mashami.
Dr Mutimura yavuze ko ubusanzwe muri aya mashami umwarimu umwe ku banyeshuri 20 aricyo kigero (standard) ariko ngo kuri iri shuri basanze hari umwarimu umwe ku banyeshuri 80.
Iki cyemezo si ubwambere gifashwe muri Nzeri umwaka ushize Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Mutimura Eugene yasuye iri shuri isanga hari ibyo rikweiye gukosora ariko ko byari bike bitaribuza gukora.

Icyo gihe ubwo yasuraga iri shuri riri mu karere ka Ruhango ryari rimaze umwaka ribujijwe kwakira abanyeshuri biga ubuvuzi yavuze ko yabonye 85% y’ibikorwa bigenda neza ko 15% isigaye ari ibyo bifuza ko bihinduka kugira ngo ishami ry’ubuvuzi umwaka wa mbere ryongere rifungure.
Minisitiri Dr Mutimura icyo gihe yagize ati “Intambwe imaze guterwa irashimishije twifuza ko ibisigaye bike mwabikosora kugira ngo umwaka w’amashuli utangire mwarangije  kandi turabyizeye”.Ariko ibyo ntibyayibujije gufunga iri shuri. Iyo rizakuba ishuri ryumututsi uri muri FPR icyokibazo ntkiba cyarahabaye. 

Uyu munsi yavuze ko yavuze ko igenzura ryasanze iyi kaminuza idafite Laboratwari zihagije zo kwigishirizamo ariko nkuko tubizi izi zose ninzitwazo za FPR zoagahunda yazo yo gukenesha abana babahutu muri iki gihugu. . Ndetse ati “kuki abanyeshuri bemererwa kujya muri program batujuje ibisabwa.”
Umwe mu bari bagize itsinda ryasuzumye uko ibintu bimeze muri iki kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko n’abanyeshuri babayeho nabi bityo batabasha kwiga neza

Comments

Popular posts from this blog

UBUHANUZI KU RWANDA: NKUKO BYAHANUWE NA NYIRABIYORO-MAGAYANE-UMUNYAMURENGEKAZI DOMITILA-NA SGT NSABAGASANI

ESE WARI WASOMA IGITABO MPANGARA NGUHANGARE? KITWEREKA UMUCO WABANTU BITWA ABASHUMBA HANO MU RWANDA

A YOUNG RWANDAN TUTSI “SPY-PASSION” FROM MT KENYA UNIVERSITY HAS BEEN ARRESTED IN KAMPALA OVER PLOTS TO ELIMINATE UGANDAN GENERAL SABITI.