ABARUNDI BONGEYE KUBONA INDI MIRAMBO YABANYARWANDA YAJUGUNYWE MUKIYAGA CYA RWERU NA LETA YA FPR
By UWIRAGIYE ASSUMPTA
Polisi y’igihugu cy Uburundi iratangaza ko yongeye kubona imirambo mu kiyaga cya Rweru gihuriweho n’u Rwanda n’u Burundi.
Nkuko Mutabazi uyobora intara ya Kirundo mubyerekeranye numutekano ndetse niperereza yabitugejejeho yemezako aba bantu barigutabwa mumugezi wa Kanyaru na Police yu Rwanda imaze Kubica kugirango batazabonekera cg se babonerwe nishakiro.
![]() |
IMRAMBO YABASORE BABAHUTU BAJUGUNYWE MUMUGEZI AKANYARU BAKAZA KUBONEKA MUKIYAGA CYA RWERU |
Mu kiganiro cyihariye umuvugizi wa Polisi y’igihugu Commissioner of Police John Bosco Kabera yagiranye na KTRadio, yavuze ko iyo mirambo iboneka ku ruhande rw’u Burundi koko ushobora kuba yaravuye mu Rwanda ari abantu batembanywe namazi ariko mubyukuri siko biri kuko uyu musore wambaye ikoboyi uri mukigero cyimyaka 30 ashobora kuba ari umwe mubantu baherutse kubura hano I Kigali bakuwe na police mukinamba cya Kigali kugeza nanuyu munsi bakaba bagishakishwa nimiryango yabo. Izi nkotanyi rero zikomeje kwica abana babahutu imyaka ishyira twese turebera nkaho ntacyo twebwe bitubwira.
![]() |
IMIRAMBO YABASORE BABANYARWANDA BABAHUTU YAJUGUNYWE MURI LAKE RWERU |
Amakuru yatangajwe kuri radio y’igihugu cy’u Burundi mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, yavugaga ko mu kiyaga cya Rweru ku ruhande rw’u Burundi mu ntara ya Kirundo komini Busoni, habonetse imirambo umunani ireremba hejuru y’amazi, inzego z’ubuyobozi mu Burundi zikavuga ko yaturutse mu Rwanda kandi koko ntagushyidikanya ko iyo mirambo ariyabana babanyarwanda bagiye bashimutwa hano mumugi wa Kiagali nkuko duherutse kubitangaza harabana babasore bakomokaga mumajyaruguru yu Rwanda mukarereka Musanze, Nyabihu na Rubavu baburiwe irengero mumugi wa Kigali ababyeyi babo bakaba bamaze iminsi bacuragira kumagereza ya hano I kiglai ariko bakaba batarashobora kubabona.
NGAHO NAMWE NIMWIYUMVIRE UKO IJWI RYA AMERICA RYABITANGAJE
Comments
Post a Comment